fév
08
2016

Ngoma: Kwiyamaza ku bajyanama mu nzego z’ibanze

Igikorwa cyo gutangira kwiyamamaza ku myanya ya njyanama mu nzego z’ibanze yatangiye hirya no hino mu mirenge y’u Rwanda. Mu byiciro bitandukanye birimo abajyanama rusange, abagize 30% bahagarariye abagore, abahagarariye urubyiruko n’abafite ubumuga. Mu karere ka Ngoma iki gikorwa cyatangiriye mu mudugudu wa Tambiro akagari ka Gahurire umurenge wa Kazo ni ku gicamunsi cyo kuri iki cyumweru tariki ya 07-02-2016 hari abakandida.

Aloys Gonzague Ntwali 

Langues: 
Genre journalistique: 

Partager