
photo-Imvaho Nshya
Bimenyerewe ko mu karere k’ibiyaga bigari, hari imyuga isa nk’iyahariwe abagabo, abagore n’abakobwa ntibayiyumvemo. Iyo myuga harimo nko kubaka, kubaza, uburobyi, ubuvumvu. Muri iyo myuga kandi harimo no gutwara amagare.
Abagore n’abakobwa bo mu karere ka Bugesera bahagurukiye gutwara amagare kuko ngo abafasha mu mirimo itandukanye izamura ingo zabo.
Aloys Gonzague Ntwali, Radio Izuba