avr
20
2016

Ngoma : Umudugudu w’ubumwe n’ubwiyunge ku bakoze jenoside n’abayikorewe

Igikorwa cyo gutuza hamwe abakoze jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda bagasaba imbabazi, n’abayikorewe, ni kimwe mu bituma ubumwe n’ubwiyunge mu Rwanda burushaho kugira ireme.

Bikaba bituma akarere ka Ngoma gafite gahunda yo kubikwirakwiza mu midugudu itandukanye ikagize. Biratangazwa na Kirenga Providence, umuyobozi w’akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage muri aka karere, avuga ko babihera ku kuntu abaturage batujwe mu mudugudu w’Ubumwe n’Ubwiyunge wo mu murenge wa Remera babanye nyuma y’igihe kigera ku myaka 2 bahatujwe.

Ntwali Aloys Gonzague.

Radio Izuba/Ngoma.

Langues: 
Genre journalistique: 

Partager