avr
16
2016

Rwamagana: barasaba ko hakongera kubarurwa agaciro k’amasambu yabo

Abatuye mu murenge wa Gishali babariwe agaciro ku masambu yabo n’ikigo gishinzwe kohereza ibikomoka k’ubuhinzi n’amatungo ari cyo NAEB, barasaba ko hakongera kubarurwa agaciro k’amasambu yabo. Bavuga  ko ibiciro babariweho bitajyanye n’igihe tugezemo.

Ubuyobozi bw’iki kigo buvuga ko bamaze kwakira abaturage benshi bagaragaza ko batishimiye ibiciro baguriweho ariko ngo ubu bakaba bagiye kongera kugana aba baturage kugira ngo babarirwe kubiciro bijyanye n’igihe.

Inkuru irambuye na Aloys Gonzague Ntwali, Radio Izuba 

Langues: 
Genre journalistique: 
Thématiques: 

Partager